mobile.igihe.com
IGIHE.com - Mobile Version - U Bufaransa: Urukiko rwanze icyifuzo cy’u Rwanda cyo koherezaTegera ukekwaho Jenoside
http://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/u-bufaransa-urukiko-rwanze-icyifuzo-cy-u-rwanda-cyo-kohereza-pierre-tegera
U Bufaransa: Urukiko rwanze icyifuzo cy’u Rwanda cyo koherezaTegera ukekwaho Jenoside. 11-01-2017 - Saa 21:47. Abacamanza b’urwego rw’u Bufaransa rushinzwe iperereza ku byaha bikomeye, bongeye gutera utwatsi icyifuzo cy’u Rwanda cyo kohereza Pierre Tegera ukekwaho Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Tegera wari Agronome, ashinjwa kuba mu ntangiriro z’imyaka 1990 yaragize uruhare mu bwicanyi bwakorewe abatutsi mu cyahoze ari komine Kibilira no gufasha mu buryo bukomeye interahamwe zishe abatutsi. Mu 2014 ...
mobile.igihe.com
IGIHE.com - Mobile Version - Uko Umugogo wa Kigeli V wari ujyanywe muri Portugal, ukazanwa mu Rwanda uhunganywe
http://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/uko-umugogo-wa-kigeli-v-wari-ujyanywe-muri-portugal-ukazanwa-mu-rwanda
Uko Umugogo wa Kigeli V wari ujyanywe muri Portugal, ukazanwa mu Rwanda uhunganywe. 11-01-2017 - Saa 14:10. Na Jean Louis Uwishyaka. Nyuma y’amezi arenga abiri abagize umuryango w’Umwami Kigeli V Ndahindurwa watangiye muri Amerika bajya impaka y’aho azatabarizwa, Urukiko rwo muri leta ya Virginia rwemeje ko azazanwa mu Rwanda ariko inzitizi zatangiye kugwirira bamwe mu bo mu muryango we ubwo bari bagiye gufata umugogo mu bitaro wari uruhukiyemo. Hari amafaranga abazungu bari bahaye Kigeli kuko bamukundag...
mobile.igihe.com
IGIHE.com - Mobile Version - Ikoranabuhanga
http://mobile.igihe.com/ikoranabuhanga
Abasuwisi bagiye gutangiza ikigo cyo guhererekanya amafaranga mu Rwanda. KCB yifashishije inararibonye mu kugaragaza akamaro k’ikoranabuhanga muri serivisi z’imari. YouTube igiye gutangiza televiziyo, ishobora gukura ku isoko izikomeye muri Amerika. SpaceX irateganya kohereza abantu babiri ku kwezi mu 2018. Umunyarwanda wiga mu Bushinwa yakoze umukino wo gutwara imodoka hifashishijwe mudasobwa. Patrick Buchana w’imyaka 25 watangije ‘Tap&Go’ mu Rwanda yagejeje iri koranabuhanga muri Cameroon.
mobile.igihe.com
IGIHE.com - Mobile Version - Ubukungu
http://mobile.igihe.com/ubukungu
2016: BK yungutse miliyari 30, isora 9.2 Frw. AB Bank yifatanyije n’abakiliya bayo mu kwizihiza umunsi w’abagore. Girinka igejeje ku ki Abanyarwanda habura iminsi itagera kuri 300 ngo ipfundikirwe? BK yatangije ‘Urumuri’, gahunda igamije gufasha ba rwiyemezamirimo bafite imishinga myiza. Uko Abashinwa batangiye kwigarurira ibikorwa bikomeye mu Rwanda kuva 1972. Abashoramari b’i Burayi barashaka icyerekezo mu bijyanye n’ingufu mu Rwanda. Igiciro cya Lisansi cyarenze amafaranga 1000.
mobile.igihe.com
IGIHE.com - Mobile Version - Twinigure
http://mobile.igihe.com/twinigure
Icyo nisabira Abanyarwanda bo muri Diaspora ku iterambere ry’u Rwanda. Bazavumburwa bate abimakaje ruswa n’uburiganya mu burezi bw’u Rwanda? Telefone ngendanwa mu bitaro zahawe ikarita itukura. Itangazamakuru murireke ribe itangazamakuru, ubuhirimbanyi mubuharire impirimbanyi nyazo. Imana ntiyita ku bahugira mu masengesho ya buri munsi badakora? Abapolisi bari mu myitozo yo kurwanya iterabwoba no guhosha imyigaragambyo. Mama Milgitha, ntuzibagirana mu mateka y’u Rwanda. Ubutwari ni uguhitamo ibitubereye.
mobile.igihe.com
IGIHE.com - Mobile Version - Umuco
http://mobile.igihe.com/umuco
Igitabo cya Gaël Faye, Petit Pays (Agahugu gato) cyashyizwe mu Kinyarwanda. Abakoze inkuru z’ubutwari zihiga izindi bahawe ibihembo. Inkomoko y’insigamigani ’Yagiye burundu’. Iby’ingenzi bigaragaza itegurwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Gashyantare 1991-1994. Igiti cy’itora i Gatsibo, ahabereye amatora ya referandumu yo mu 1961. Ubuhamya bwa Padiri Mvukiyehe, Intwari y’Imena yarokokeye mu ishuri ry’i Nyange. Harateganywa gushyira ibimenyetso ku dusozi n’ahantu mbarankuru ku ntwari.
mobile.igihe.com
IGIHE.com - Mobile Version - Amb.Kayonga yakiriwe na Perezida Quang wa Vietnam,amwizeza imikoranire n’u Rwanda
http://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/amb-charles-kayonga-yakiriwe-na-perezida-quang-wa-vietnam-amwizera-imikoranire
AmbKayonga yakiriwe na Perezida Quang wa Vietnam,amwizeza imikoranire n’u Rwanda. 12-01-2017 - Saa 10:30. Na Rabbi Malo Umucunguzi. Perezida Trần Đại Quang wa Vietnam yakiriye ba ambasaderi bashya bagiye guhagararira ibihugu byabo muri icyo gihugu, barimo Charles Kayonga w’u Rwanda, Wendy Irene Matthews wa New Zealand, Dosso Adama wa Côte d’Ivoire n’abandi. Ambasaderi Kayonga yavuze ko yizeye ko Vietnam izasangiza u Rwanda urugendo rwayo mu iterambere, yongeraho ko igihugu cye gihaye ikaze abacuruzi bo m...
mobile.igihe.com
IGIHE.com - Mobile Version - Politiki
http://mobile.igihe.com/politiki
Mushaka kugaragaza ko ibyanyu ari nta makemwa- Perezida Kagame i Londres abwira abanyaburayi. U Rwanda rwahakanye ko rwivanye mu mushinga wa gari ya moshi iva Mombasa. Abarundi babaga mu Rwanda nta byangombwa birukanywe. Perezida Kagame yamaganye raporo zishinja u Rwanda guteza imvururu mu Burundi. Howard Buffet yabwiye Abanyarwanda ko iki atari igihe cyo kwitesha Perezida Kagame. Kicukiro: FPR Inkotanyi yungutse amaboko mashya. Habyarimana na MRND baburiwe ku ijambo rya Mugesera bavunira ibiti mu matwi.
mobile.igihe.com
IGIHE.com - Mobile Version - Abantu
http://mobile.igihe.com/abantu
Nzabandora, izina ry’irigenurano ku muntu uba warakunze gupfusha. Ku myaka 25 yatangije ishuri rya film rizageza sinema Nyarwanda ku rwego mpuzamahanga. Munyurangabo, izina rirata ubutwari bw’umuyobozi w’ingabo. Urwo yabonye: Yazinutswe kongera gusura abasore bibana. Uwase wihangiye umurimo ahereye ku 2000, afite inzozi zo gushinga uruganda rukora imyenda. Gustave, izina ry’abantu barangwa no guca bugufi. Wahitamo kubana n’umuntu ugukunda uko ubyifuza cyangwa uzi gutera akabariro neza?
mobile.igihe.com
IGIHE.com - Mobile Version - Ubuhamya: Imvo n’imvano y’ubutinganyi buvugwa mu mupira w’amaguru mu Rwanda
http://mobile.igihe.com/imikino/football/article/ese-ubutiganyi-chadia-ashinja-umutoza-grace-buvuze-iki-kuri-ruhago-y-abagore
Ubuhamya: Imvo n’imvano y’ubutinganyi buvugwa mu mupira w’amaguru mu Rwanda. 11-01-2017 - Saa 15:27. Na Jah d'eau DUKUZE. Mu Rwanda ubutiganyi si icyaha gihanirwa n’amategeko, gusa mu minsi ishize mu itangazamakuru no hirya no hino humvikanye inkuru y’ubuhamya bw’umukinnyi wa AS Kigali y’abagore Uwamahirwe Chadia, washinje umutoza we kumwinjiza mu butiganyi nyuma akamuta kure ku buryo byanamugizeho ingaruka mu buzima bwe bwa ruhago. Ruhago y'abagore yavugwagamo ubutiganyi muri iyi minsi. Ibi ntibyakunze ...